dimanche 29 novembre 2009

Ni ngombwa kubwira incuti yawe ukuinda cyane n'akari i murore?

Turabasuhuje mwese!!!

Kuri iki cyumweru cya nyuma cy'ukwezi twishimiye kongera kuganira nwamwe twungurana ibitekerezo kuri bimwe duhura nabyo mu buzima busanzwe tubayemo hano ku isi.

Nyuma rero yo kuvugana na bamwe mu nshuti z'ikiganiro cyacu twifuje ko twareba impamvu yo kwizigama mu magambo dore ko hari n'ibyo tuvuga byinshi twikiza ibibazo tubitera abandi. Ni muri urwo rwego GASIZI na GILBERT nabo impaka zaje gukizwa n'abakunzi ba Radio Maria Rwanda ubwo benshi bemezaga ko nta kuvuga byose...

Gilbert we yagaragaje uruhande rwe agira ati: ''Umuntu ahinduka nk'ikirere niyo mpamvu ngomba kwizigama''

Ku ruhande rwa Gasizi we ati:'' Njye numva nta mpamvu yo kutizera uwo nkunda kandi ari nawe mpishaho.''

Ntago byaciriye aho kuko buri ruhande rwaje guharira ijambo n'abateze amatwi radio. Uwa mbere wahamagaye ati nta mpamvu yo kumubwira byose. Bityo byakomeje twakira abandi tunakomeza kubona igitekerezo gisa naho ari kimwe.

Tugarutse ku gitekerezo cy'incuti nk'amagara Espérance we ati: Reba niba utagiye gutera ikibazo kirushijeho mugenzi wawe ubwira.

Kuri Grâce ati: nta mpamvu utabwira umuntu ukunda kandi mubana byose kuko ngo aramutse we ubwe yivumburiye ko ikibazo kiriho byatera ikibazo kurusaho.


Muri rusange ntitwabura no gushimira buri wese ku gitekerezo cye ndetse n'akanya yihaye ko kwandika ubutumwa dore ko nabwo twabubonye buhagije ndetsee nabo ku matelephone baduhamagaye.

Umwanzuro wacu twe dusanga nta mpamvu n'imwe yo kwikiriza ikibazo kuri mugenzi wawe. Aho ubundi mbere yo kuvuga icyo twita ibanga tukareba niba nta n'ingaruka cyazagira ku buzima bwacu buri imbere.

Murakoze mwese kuba mukomeje kudukurikirana ndetse no kutwandikira muduha ibitekerezo byanyu.

To be most free from danger be on guard even when safe

He is most free from danger, who, even when safe, is on his guard.

These words, attributed to Publilius Syrus the Roman poet, are still valid in our present situation.

More than ever before, due to man’s busy schedules, staying alert or being prepared is not only essential, but rather a battle that many people fight on a daily basis due to fear of failure.

On one hand, this is due to our modern life style which is packed with too many multi-tasking working programs, characterized by little sleep. On the other, it may be due to our concern of safety.

In any case, most people would like always to be alert, sober, prepared and feeling at their best when at work in order to avoid any uncalled for disappointments.

Preparedness is an important quality in achieving goals and in avoiding any mitigating negative outcomes.

It refers to the state of being ready for specific or unpredictable events or situations and it is a major phase of emergency management, which is particularly valued in areas of intense competition such as sport, academic performance and military science.

Given the importance of being prepared for our tasks and the negative impact of not being prepared in the fulfilment of our daily duties, we should all adopt privately at least, the motto of the scouts as a guide for our order and efficiency in life: “Be Prepared”.

In fact this has become a catchy word in many languages as we used to sing way back as a scout.

The scout leader would tune in at the top of his voice: Every body likes our motto! Then we would simultaneously come in singing; the French say Toujours Prêt!

Afghanistan Pashto Tayar Osay in Albanian Ji Gati and the Jesuit Fathers keep it in Latin estote parati. These words that many young people have sung perhaps uncommitted, later on become food for thoughts as they live that necessity of being prepared.

Without any exaggeration, any body who cares to analyse the scout motto would agree with the fact that they have a good lesson to teach the world.

In the third part of Robert Baden-Powell’s book Scouting for Boys, he explains the meaning of the phrase: You should Be prepared as a state of readiness both in mind and body in order to do well your daily duty.

According to him, when one is prepared in mind, one is already disciplined and in position to put into reality what one has in mind.

The preparedness of mind helps us to do the right thing in the right way and in the right time. Being prepared in body on the other hand makes one strong and active during one’s activity just because of one’s physical readiness.

In his novel The Jungle Book Rudyard Kipling warns us that it is not simple to be always prepared. He does this by comparing our human situation to animals’ life in the jungles of India; where the law of the land is ‘eat or get eaten’. In such a situation a careless animal might wake up in the teeth of its predator.

All must be fully awake without any excuse in order to survive. Being ever prepared has never been easy for man. For that reason, some nations celebrate the Preparedness Day to sensitize their nationals.

And in July 22, 1916, while such a day was being celebrated in San Francisco, California, a suitcase bomb was detonated, killing ten and wounding forty people during the parade. Even while celebrating the Preparedness day, the celebrants had not prepared enough for the eventualities!

As we begin a new liturgical year with the season of Advent, the Church brings us the same message: “be prepared”. Christians are called to be prepared for the birth of Jesus in their hearts.

Indeed our entire lives, not just Advent, should be a preparation and waiting in hope for God. We must prepare for Jesus’ Second Coming and since we do not know when that will be, the Gospel asks us to be vigilant, other wise that moment would meet us unprepared: “Watch yourselves or your hearts will be coarsened with debauchery and drunkenness and the cares of life…” (Luke 21:34)

And St Paul tells us that to be most free from that danger of the last judgment, we must stay on our guard even if we think that we might be safe: “Stay awake, praying at all times for the strength to survive all that is going to happen and to stand with confidence before the Son of Man.” (Luke 21:36)

Needless to say, those words from Jesus and Paul lead us to ask ourselves whether we are safe with the way we spend our time.

Perhaps we need to be more vigilant. In fact St Paul begs us to take the note seriously: “we urge you and appeal to you in the Lord Jesus to make more and more progress in the kind of life that you are meant to live: the life that God wants…” (1 Thes 4:1)

vendredi 27 novembre 2009

Audience générale : suivre l’exemple de la Trinité afin de vivre pour l’autre

Si les relations entre les personnes étaient modelées sur le rapport d’amour qui lie les trois Personnes divines, le monde serait plus heureux. Chacun y vivrait « pour l’autre ». C’est la considération par laquelle Benoît XVI a conclu ce matin sa catéchèse à l’audience générale, dans la salle Paul VI. Le Pape s’est inspiré des écrits de deux moines théologiens du XIIe siècle, Hughes et Richard, qui vécurent dans la célèbre abbaye parisienne Saint-Victor.


Écoutez le résumé de la catéchèse et les paroles que Benoît XVI a adressés aux pèlerins de langue française.

Résumé de la catéchèse en langue française

Chers Frères et Sœurs,

Parmi les figures de croyants qui ont montré le lien entre la raison et la foi et qui témoignent de l’annonce de l’Évangile, je voudrais mentionner Hugues et Richard de Saint-Victor. Ils ont vécu au XIIe siècle et enseigné à l’Abbaye de Saint-Victor à Paris. Hugues médita beaucoup sur le rapport entre foi et raison, entre science profane et théologie. Pour lui, les sciences ont une valeur en elles-mêmes et elles doivent être cultivées pour élargir le savoir de l’homme et pour correspondre à son désir de connaître la vérité. Pour connaître Dieu, il faut partir de ce qu’il a révélé de lui-même dans les Écritures. La vision théologique de l’histoire d’Hugues de Saint-Victor met en évidence l’intervention salvifique de Dieu, mais en sauvegardant toujours la liberté et la responsabilité de l’homme. Richard fut un disciple d’Hugues. Lui aussi assigne un rôle fondamental à l’étude de la Bible. La contemplation est le résultat d’un chemin ardu qui comporte le dialogue entre la foi et la raison. La théologie part des vérités qui sont objet de la foi, mais elle cherche à en approfondir la connaissance par l’usage de la raison. Hugues et Richard élèvent notre esprit à la contemplation des réalités célestes. La pensée, l’admiration et la louange de la sainte Trinité nous procurent une immense joie. Puissions-nous, nous aussi, vivre selon l’exemple des trois Personnes divines, où chacune vit non seulement avec l’autre, mais par l’autre et dans l’autre.



Je suis heureux d’accueillir les pèlerins de langue française présents ce matin. Que votre pèlerinage à Rome contribue à approfondir votre connaissance de Dieu dans son mystère trinitaire et à faire grandir votre amour de l’Église. Que Dieu vous bénisse !

Je voudrais aussi adresser un salut chaleureux aux responsables et aux opérateurs de Télé Lumière et Noursat du Liban, ainsi qu’à leur président, Mgr Aboujaoudé. Chers amis, je vous encourage à poursuivre avec générosité votre mission au service de l’annonce de l’Évangile, de la paix et de la réconciliation au Liban et dans toute la région. À vous tous ainsi qu’à tous les auditeurs de Noursat j’adresse une particulière Bénédiction apostolique.

RADIO MARIA RWANDA IJWI RYA GIKIRISTU RIDUHEREKEZA AHO TURI HOSE

Igihe ukeneye kwegera RADIO MARIA RWANDA mu mujyi wa Kigali, wanyarukira kuri Paruwasi ya Mutagatifu Mikayile.

Iyo ushatse gutera inkunga RADIO MARIA RWANDA unyuze mu buryo bwa banki, ushobora kunyuza kuri konti zikurikira:

00056-0293574-40 muri Banki ya Kigali (BK) aho iri hose

cyangwa se

108-06646001-59 muri ECOBANK aho iri hose.

Ushobora kandi no gushyira icyo wageneye RADIO MARIA RWANDA mu dusanduku turi hirya no hino mu mujyi wa Kigali, twanditseho TERA INKUNGA RADIO MARIA RWANDA.

Utwo dusanduku uzadusanga mu mapruwasi menshi yo mu mujyi wa Kigali, ndetse n'ahandi hanyura abantu benshi nko mu masoko, muri za alimentation, muri za Quincailleries, muri za pharmacie, n'ahandi.

Tubashimiye inkunga mutera RADIO MARIA RWANDA.

NIBA UBONYE UBU BUTUMWA, OHEREZA E-MAIL KURI

coordinator.rwa@radiomaria.org

IBIGANIRO

Kuri RADIO MARIA RWANDA, ubu mushobora kujya mukurikirana ikiganiro kitwa DUTEGANYE IMBYARO MU NGO ZACU. Ni ikiganiro kidufasha kumenya icyo Kiliziya Gatolika yemera kandi yigisha ku bijyanye no kubyara abo wishingiye. Kidufasha kandi gusobanukirwa n'uburyo bwa kamere bwo guteganye imbyaro. Burya ntabwo ubwo ubwo buryo bugoye, ahubwo ni uko ubumenyi abantu babufiteho ari buke. Tega amatwi ikiganiro DUTEGANYE IMBYARO MU NGO ZACU maze usobanukirwe.

------------------------------------------------------------------------------------------------------------

Kuri RADIO MARIA RWANDA, ubu mushobora gukurikira ikiganiro UBUKUNGU UBUCURUZI N'AMAJYAMBERE. Ni ikiganiro kidufasha gusobanukirwa n'uko twakwiteza imbere ndetse tugafasha n'abandi gutera imbere, tukarwanya ubukene. Ni umwanya wo kubwira abandi uko wowe waba warabigenje kugira ngo ube warabashije gutera imbere. Ni umwanya kandi wo gufashanya kugira ngo imirimo dukora, idufashe gukomeza inzira igana ubwami bw'Imana. Ni umwanya wo gufashanya kugira ngo iyo mirimo idufashe kandi kubana neza na bagenzi bacu mu buzima bwacu bwa buri munsi.

mercredi 25 novembre 2009

Kiliziya Gatolika y’u Rwanda irishimira ibyagezweho



I Kabgayi, ahafatwa nk’igicumbi cy’amateka yaranze Kiriziya Gatolika y’u Rwanda.

Ibyo ni bimwe mu byatangarijwe kuri Sitade ya Muhanga ku wa 22 Ugushingo 2009 na bamwe mu bayobozi ba Kiliziya Gatorika mu Rwanda mu birori byo kwizihiza yubile y’imyaka 50 ishize hagiyeho inzego bwite za Kiliziya Gatolika aho iyo myaka 50 ishize iyobowe n’Abanyarwanda.

Muri uwo muhango, Musenyeri Smargde Mbonyintege, Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi, yavuze ko n’ubwo Kiliziya Gatolika y’u Rwanda yahuye n’ibibazo bikomeye birimo kuba bamwe mu bakirisitu bayo barishwe bazira ubwoko bwabo muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994 ndetse ayo mahano akanitabirwa na bamwe mu bakirisitu bayo.

Mgr Mbonyintege Smaragde yagize ati "ibyabaye birababaje cyane kandi tubigereranya n’urupfu rwa Yezu ku musaraba wazize ubusa aho yishwe urupfu rubi".

Madamu Yvonne Mutakwasuku, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wari uhagarariye muri ibyo birori Bazivamo Christophe, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ko igihe kigeze ngo abakirisitu batekereze ku mateka yabaranze, aho akoresheje inshinga "kuba", yabwiye abari aho ko kuba umukirisitu bifite icyo bivuze n’icyo bisaba, bityo uwitwa atyo akaba yari akwiye kubaha mugenzi we no gukurikiza amategeko y’Imana.

Muri ibyo birori kandi byari byitabiriwe n’abakirisitu ba Kiliziya Gatolika bari baturutse mu Rwanda hose, havuzwe ku mateka yaranze kiliziya Gatorika kuva yagera mu Rwanda, hashimwa Musenyeri Hirth wagize uruhare mu kwegurira ubuyobozi bwa Kiliziya Abanyarwanda, ashyiraho bwa mbere amashuri yigisha abapadiri b’Abanyarwanda.

Ibyo birori kandi byitabiriwe n’Intumwa ya Papa mu Rwanda n’abasenyeri batandukanye bayobora Diyoseze zo hirya no hino mu Rwanda.

mercredi 18 novembre 2009

Le Grand Séminaire Saint Charles Borromée de Nyakibanda

Le Grand Séminaire Saint Charles Borromée de Nyakibanda est actuellement une institution couvrant uniquement le cycle de théologie. Il est sous la juridiction de la Conférence des Evêques du Rwanda sous la haute vigilance du Siège apostolique, représenté par la Congrégation pour l’Evangélisation des Peuples (Rome).

Sur le plan géographique, le grand séminaire de Nyakibanda se situe au pied des montagnes connues sous le nom d’Ibisi (hautes montagnes), dans la mairie de Huye, Province du Sud, à 12 Km de l’Evêché du diocèse de Butare.

Notre séminaire prend ses origines dans l’histoire missionnaire de l’Eglise locale. Il est le fruit de la clairvoyance et la ténacité apostolique de Mgr Jean - Joseph Hirth (1854-1931). Celui-ci pensait que l’évangélisation du Rwanda et l’implantation de l’Eglise en cette terre ne pouvaient se réaliser d’une manière sérieuse et durable sans un clergé autochtone et diocésain bien formé.

1894 : Création du Vicariat Apostolique du NYANZA MERIDIONAL, auquel appartient le Rwanda et dont Mgr Jean -Joseph Hirth devient responsable.

Le 2 février 1900 : Arrivée des premiers Missionnaires au Rwanda pour s’installer à Save le 8 février 1900.

1910 : Le Rwanda a ses tout premiers grands séminaristes, entrés depuis 1904 au Séminaire de RUBIA (dans IHANGIRO / TANZANIE), fondé par Mgr Jean –Joseph Hirth pour son Vicariat.

Le 12 décembre 1912 : Création du Vicariat Apostolique du KIVU, comprenant le RWANDA, le BURUNDI et le BUHA et dont Mgr Jean-Joseph HIRTH devient responsable.

Octobre 1913 : Rapatriement des petits et grands séminaristes rwandais de RUBIA (IHANGIRO). Après un bref séjour à KANSI, ils s’établirent à KABGAYI où s’ouvre le Grand Séminaire Saint Charles Borromée, le 20 novembre 1913, pour le RWANDA et le BURUNDI.

Le 15 avril 1922
: Création du Vicariat Apostolique du RWANDA, confié à Mgr Léon-Paul Classe (1874-1945), successeur de Mgr Jean-Joseph Hirth démissionnaire. Le Grand Séminaire de KABGAYI demeure commun aux deux pays, le RWANDA et le BURUNDI.

Le 18 novembre 1931
: Par décret de la Sacrée Congrégation pour l’Evangélisation des Peuples, le Grand Séminaire de KABGAYI est élevé au rang de Séminaire Régional pour les Vicariats Apostoliques du BURUNDI et du KIVU, du Lac Albert et bien sûr du RWANDA ; plus tard s’ajoutera celui de BENI. La direction est confiée canoniquement à la Société des Pères Missionnaires d’Afrique.

1936 : Transfert du Grand Séminaire de KABGAYI à NYAKIBANDA, près d’ASTRIDA (devenu aujourd’hui BUTARE). Il a toujours le statut de Séminaire Régional.

1951
: Un début de décentralisation et d’autonomie. Nyakibanda abrite le cycle de théologie, tandis que le cycle de philosophie est installé à BURASIRA (BURUNDI). Mais il s’agit toujours d’un même Grand Séminaire Régional, dirigé par les Pères Missionnaires d’Afrique (connus aussi sous le nom de Pères Blancs).

Le 16 janvier 1953
: Nyakibanda ouvre l’année académique dans de nouvelles conditions : il est redevenu un Séminaire complet, avec les deux cycles réunis, mais uniquement pour le RWANDA qui compte désormais deux Vicariats Apostoliques : KABGAYI et NYUNDO. Les autres Vicariats Apostoliques n’ont plus besoin d’envoyer leurs ressortissants. On ne peut plus parler de Séminaire Régional. La direction est toujours confiée aux Pères Missionnaires d’Afrique.

Le 10 novembre 1959 : Institution de la Hiérarchie ecclésiastique du Rwanda. Ce qui était Vicariat Apostolique devient désormais Diocèse.

Mars 1961 : La direction du Séminaire de NYAKIBANDA passe de la Société des Pères Missionnaires d’Afrique au Clergé diocésain : l’Abbé Mathieu Ntahoruburiye, appartenant à ce clergé, est nommé Recteur, à la tête d’un corps professoral désormais mixte. Depuis l’année académique 1963-1964, le Grand Séminaire est dirigé complètement par le clergé diocésain comprenant des prêtres Fidei Donum.

Septembre 1964 : Le Diocèse de NYUNDO fonde son propre Grand Séminaire à NYUNDO même, placé sous la protection de Saint Joseph. NYAKIBANDA n’est plus interdiocésain que pour KABGAYI, RUHENGERI, BUTARE et plus tard KIBUNGO, avec comme Recteur l’Abbé Blaise Forissier, jusque en janvier 1971.

Septembre 1974
: Réunification des deux Grands Séminaires : celui de NYAKIBANDA et celui de NYUNDO, avec l’Abbé François Niyibizi comme Recteur.

Octobre 1979 : Un nouveau tournant dans l’histoire du Grand Séminaire de NYAKIBANDA : le Cycle de Théologie devient affilié ad experimentum à l’Université Pontificale Urbanienne de Rome, pour une durée de 4 ans : un projet qui remonte des années 1968, plus exactement le 23/12/1968. La première remise des diplômes de Baccalauréat eut lieu à la St. Charles Borromée le 4/11/1982.

Octobre1980
: Démarrage de l’Année Propédeutique, installée à RUTONGO (KIGALI), localité située à environ 165 Km de NYAKIBANDA. Pour le moment la Propédeutique devient une expérience incontournable.

Octobre 1981 : L’année académique commence à NYAKIBANDA avec un staff mieux étoffé : le Recteur est secondé désormais par un Vice-Recteur, un Père Spirituel et un Préfet des études, en plus des professeurs résidents. Un délégué officiel de la Conférence Episcopale est institué auprès des Grands Séminaires.

Le 11 février 1985
: Décès du Recteur François Niyibizi. Il est remplacé par l’Abbé Augustin Misago.

Le 3 décembre 1986
: Le Grand Séminaire de NYAKIBANDA fête ses 50 ans d’implantation dans la région.

Depuis sa rentrée académique 1989-1990, ce Séminaire n’abrite plus que 4 années de Théologie, tandis que le Cycle de Philosophie est transféré à KABGAYI.

Le 20 juillet 1992 : suite à la nomination de l’Abbé Augustin MISAGO comme premier Evêque de GIKONGORO, la Conférence Episcopale du Rwanda nomme officiellement l’Abbé Anastase Mutabazi, du diocèse de KIBUNGO, Recteur du Grand Séminaire de NYAKIBANDA.

Avec les vacances de Pâques 1994, éclate la tragédie du génocide et de la guerre. Le Grand Séminaire est fort éprouvé comme les autres Institutions au Rwanda. Une quarantaine de séminaristes meure dans la tragédie avec 3 de ses professeurs, plusieurs autres prennent le chemin de l’exil.

Le 15 septembre, deux mois après la tragédie rwandaise d’avril-juillet 1994, le Grand Séminaire ouvre de nouveau ses portes dans des conditions précaires. A partir de cette date il abrite aussi dans ses murs, le Cycle de Philosophie qui avait été transféré à KABGAYI.

A la rentrée académique 1995-1996, le nombre des séminaristes s’élève à 116. Le corps professoral compte 31 membres dont 10 à temps plein, 9 à temps partiel et 11 visiteurs. Ce fut un signe que le Grand Séminaire redonne de l’espoir à l’Eglise du RWANDA éprouvée par les événements récents.

Au cours de l’année 1995-1996, plus exactement le 25 mars 1996, le Recteur du Grand Séminaire, l’Abbé Anastase MUTABAZI, est nommé Evêque du diocèse de KABGAYI. La Conférence Episcopale nomme comme Recteur du Grand Séminaire l’Abbé Smaragde Mbonyintege, dans sa lettre du 15 avril 1996.

L’année 1997-1998 : Le Grand Séminaire de Nyakibanda atteint le chiffre record de son histoire : 214 séminaristes. Cela est dû à la réintégration d’une quarantaine des séminaristes revenant de l’exil au ZAÏRE, des entrées de première année de Philosophie qui s’élève à 89 séminaristes.

A l’ouverture du 2 octobre 1998, NYAKIBANDA n’abrite que les 4 années de Théologie, le Philosophicum regagne Kabgayi pour alléger NYAKIBANDA.

En octobre 2000 : Le Grand Séminaire atteint le nombre record des Théologiens de son histoire : 175 théologiens répartis sur 4 ans.

Le 7 avril 2002 : Le Président de la République, Paul Kagame, et tout son gouvernement viennent à NYAKIBANDA pour inhumer les restes des 3 mille victimes du génocide commis à NYAIBANDA le 20-23 avril 1994. Un cite mémorial y a été érigé.

Le 30-31 mai 2003
: Visite historique du Cardinal Crescenzio Sepe, Préfet de la Congrégation pour l’Evangélisation des Peuples.

Le 21 janvier 2006
: Nomination de Monseigneur Smaragde MBONYINTEGE, qui était Recteur du Grand Séminaire Saint Charles de NYAKIBANDA, comme Evêque de KABGAYI.

Le 22 février 2006 : Nomination du nouveau recteur en la personne de l’Abbé Antoine KAMBANDA en remplacement de Monseigneur Smaragde qui venait d’être nommé Evêque.

Le 27 Novembre 2007 : Dans la soirée, son Eminence le cardinal Ivan DIAS, Préfet de la Sacrée Congrégation pour l’Evangélisation des Peuples visite le grand séminaire et préside la collation des diplômes de baccalauréat canonique.
MOT DE BIENVENUE DE L'EVEQUE DE KABGAYI

Chers collaborateurs et collaboratrices, et amis du Diocèse


Voici la Nouvelle année qui commence! C’est une occasion pour nous de vous partager les expériences de ces derniers jours, revoir ensemble les pas réalisés, afin de mieux entrer dans l’année nouvelle avec plus d’assurance.
Comme vous avez pu le lire dans nos derniers numéros de Trait d’Union, le bulletin diocésain, l’année 2006 a été une année des mises au point suite aux changements et événements successifs depuis l’ordination épiscopale du nouvel évêque, jusqu’au Grand Jubilé de la Paroisse de Kabgayi. Entre les deux, il y eut d’autres événements : cinq ordinations presbytérales, six ordinations diaconales, la collation de différents ministères, les jubilés de nos religieux : 75 ans des Frères Joséphites, les 25 ans des Sœurs Clarisses de Kamonyi, les Sœurs de la Charité de Sainte Anne, sans oublier des professions aussi bien temporaires que perpétuelles qui eurent lieu dans de différentes congrégations de notre diocèse.

Félicitations à nos jubilaires, notre grand-père Abbé Charles Ndekwe qui célèbre ses 50 ans de vie sacerdotale; à notre frère Gaspard Gahima et ses deux confrères qui célèbrent les 25 ans de leur engagement dans la congrégation des frères Joséphites ! Meilleurs vœux à tous et soyez toujours de bons modèles pour vos petits frères et sœurs dans la vie consacrée!


C’est de ces événements joyeux que dire que cette année a été un temps de grâces et de joie. Chantons donc dans la joie notre « Gloire à Dieu au plus haut des Cieux, et Paix sur la terre, aux hommes qu’il aime » !


Le travail pastoral s’est caractérisé par une prise de contact avec tous les chrétiens pour une pastorale d’ensemble. Les visites commencèrent par des rencontres avec le clergé diocésain par doyenné, pour continuer avec des visites pastorales, paroisse par paroisse. Nous espérons que nous pourrons conduire jusqu’à son terme ce tour au cours de cette année 2007 qui vient de commencer !


Je ne pourrais pas oublier de rendre grâce au Seigneur pour nous avoir aidé vers la fin de cette année 2006 à renforcer notre foi dans deux retraites organisées à l’intention du clergé. C’est avec de forces nouvelles que nous commençons l’année nouvelle.


Je termine en vous souhaitant, chers collaborateurs et collaboratrices, amis du Diocèse, une nouvelle année de paix et de joie. Et reprenant l’intention du Saint Père pour cette année, je vous invite à prier les uns pour les autres pour « le bien de la paix qui a tant d’importance dans la vie de chacun ». Que la Vierge Marie nous montre en son Fils le chemin de cette paix, et illumine nos yeux, pour qu’ils sachent reconnaître son Visage dans le visage de toute personne humaine, cœur de la paix »


Que Dieu vous bénisse !

+ Smaragde Mbonyintege
Evêque de Kabgayi

lundi 16 novembre 2009

Man’s biggest fear is not death but the risk to be alive

According to Don Miguel Ruiz, death is not the biggest fear we have (at least it shouldn’t be?); our biggest fear is taking the risk to be alive.

That is taking the risk of standing up and expressing what we really are without the need of putting on our masks.

It is in fact the proper evaluation of our life which is at the root of our fear.

And this is the most destructive, corrosive, limiting, and inhibiting emotion which is a danger to any person who is still alive.

In life we experience many different types of fear, according to different circumstances. In most cases when we talk about fear, we immediately think of physical fearful situations as accidents, death or any other natural calamities.

This is because from the very cradle we are fed with information which conditions our fear-reactions to all the phenomena of life which are potentially dangerous to us.

This kind of fear whether realistic or not, is always deep within us: when I drive across the bridge on River Nyabarongo I still become the little boy of my mother who cautions me to be careful because if a messy situation arises, it might damp me in that giant river.

And I always tighten my brakes on that bridge because of what is now irrational fear in me. That fear that I dread when crossing that muddy river, is no longer physical but psychological fear.

This kind of fear enters our mind in a psychological situation, in which we feel threatened in some way, not necessarily physically, but mainly on the level of our imagination and emotions.

Fear whether physical or psychological is always deadly. In his beautiful words, Lloyd Douglas teaches us how fear can completely destroy us: If a man harbours any sort of fear, it percolates through all thinking, damages his personality and makes him a landlord to a ghost!!

But do not worry, because a clever analysis of your fears will always show you that you have nothing to fear except fear itself.

This idea has been expressed better by Brendan Francis in his famous words that many of our fears are tissue-paper-thin, and a single courageous step would carry us clear through them almost always.

However, that philosophy above does not seem to apply to the fear of death. Death has and will always torment man. At its peak, the fear of death becomes a psychological problem which affects millions of people worldwide.

Nonetheless, there is a very plausible wisdom whose view is that our very fundamental fear of death is basically the fear of how we have lived and not how we shall die.

Possibly life is pleasant and death is a peaceful transition.
What might be troublesome is to know how to manage the former and go through the latter. And that is how the church comes in at the beginning of its season of Advent with the theme of preparedness. We must all be prepared not for the worse but for the best.

The church prepares us for the period of Advent with the Gospel according to Mark 13:24-32, where Jesus speaks of the time when he will come again to judge the living and the dead.

Everybody shall stand that judgment. Hence, in advent, we not only prepare ourselves for the Feast of Christmas, but we are reminded to ready ourselves in order to meet our creator.

The central message during this period is that when Jesus comes to Judge the Living and the dead, we should all be among the Just who shall be told the following words: “Well done my good and faithful servant.”

And then be invited to spend eternity with Christ. But we are warned that in order for this to happen to us, we must stay prepared because no one can know when his return will be, not even the Son of God knows in his humanity. Only the Father knows.

According to this biblical text, the end of earthly life means a definitive destination which can never be altered once judgment has been passed. Interestingly, the different New Testament writers attribute final judgment to different judges.

Some posit God the Father, others Christ the King, still others say the angels or the apostles and John says that each will judge himself.

Far from being a contradiction, all these views point to the common denominator which is the fact that, in the light of the Truth, all shall be judged with all justice such that no one can deceive or be deceived.

The judgment shall be passed in the most just way and according to all mentioned above. All we have to do for the present is to discover, embrace and fulfil the will of God, being moved by love for Him and acting in a way that pleases Him.

With that, we shall be in God’s grace whether we are alive or dead. In such a state, we shall fear neither death nor life.

dimanche 8 novembre 2009

The heart of a giver makes the gift dear and precious

Generosity in our every day language may mean the habit of giving freely without being rewarded in return.
When we say that so and so is generous, normally it has something to do with charity regarding the use of his or her time, money or labour.
Etymologically, generosity means much more. It has a deeper meaning which refers more to the giver in terms of the love he or she puts into the gift than the value of the given gift itself. Hence, a good hearted person with nothing to give, may be referred to as generous.
The term derives from the Latin word generosus which means ‘of noble birth’. In its ancient use, generosity meant to belong to nobility.
As the word continued to evolve, it shifted from literal family heritage to the nobility of spirit, which was still associated with high birth and various admirable qualities which may go with it.
The meaning of generosity continued to evolve in directions denoting the more specific, contemporary meaning of benevolence, open–handedness, and bigheartedness in the giving of money and possessions to others.
This specific meaning developed further to mean admirable personal quality and action which can be exercised by any good-hearted person.
The American novelist Jack London expresses the idea of nobility in generosity in a very interesting way. He says that giving a bone to the dog is not generosity.
Generosity is the bone shared with the dog, when you are just as hungry as the dog! With such words, the novelist brings out that rare element of generosity which has a noble and spiritual effect on the giver who practices the openness of heart, hence drawing himself or herself closer to the truth of oneness with the receiver.
Generosity has a healing effect to the giver, because it diminishes his or her self-centered egoism. Our ego wants to take and to hold, not to give.
This is dangerous because in the process it lowers unhealthy barriers which alienate us from others triggering off the process of death within ourselves. As they say: “The Dead Sea is the dead sea because it continually receives and never gives.”
In fact the more we practice generosity, the more lively we become, the more selfless we grow, because of that noble concern of the needs of others.
I have never come across the words which express that point more than the words of the former USA First Lady Barbara Bush: “Giving frees us from the familiar territory of our own needs by opening our mind to the unexplained worlds occupied by the needs of others.”
Given the importance of generosity as a good and healthy practice for the giver, we should all try to be generous because it does not require much as far as money, time and other possessions are concerned.
To a people in need, we need not shy away because we have nothing to give them. At least we can express our sincere and wholehearted wish for their welfare and offer for them a prayer from the depth of our being.
And this is already much. The value of generosity is not in the weight of the gift but in the love put in the giving.
That is why Mother Teresa was convinced that kind words can be short and easy to speak but their echoes are truly endless. If there is a lesson that this Saint has left behind, it is that there is no such a thing as a small act of generosity.
Jesus Christ was of the same view above as far as generosity is concerned. We read this in Mark 12:41-44.
In this Biblical episode we find Jesus near the treasury and watching how different people were putting in the treasury their donations out of generosity. He observed how the multitude continued to cast money into the treasury with the rich casting in much money and the poor casting in less of course.
Then, came a very very poor widow, who bowed and cast in only two coins very respectfully.
The disciples noticed immediately how Jesus was touched by the widow’s generosity and they approached him to hear what he had to say about it.
Then he told them that the poor widow had cast in more than all who had cast into the treasury. According to Jesus’ explanation, all the others had cast in part of their superfluity; the money that they did not in fact need.
For Jesus; the person who gives what he or she would as readily throw away, gives without generosity; for the essence of generosity is in self-sacrifice. On the contrary, the poor widow had cast in all that she had, even all her living.
Jesus’ consideration of generosity has had a great influence on the subsequent understanding of the idea.
The author Francis Quarles puts that new understanding in one of his wise saying: “He that gives all, though but little, gives much; because God looks not to the quantity of the gift, but to the quality of the givers.”

mercredi 4 novembre 2009

Ese koko abakirisitu basenga amashusho ?

Amashusho ni bimwe mu bimenyetso ndangakwemera mu madini amwe n’amwe ya gikirisitu

Amakuru Izuba Rirashe rikesha abantu banyuranye bo mu Mujyi wa Kigali ndetse n’ahandi henshi mu Rwanda, avuga ko abakirisitu, cyane cyane abo muri Kiliziya Gatolika basenga amashusho aho gusenga Imana ibyo bakabikora baha icyubahiro gikomeye amashusho aba amanitse muri za Kiliziya basengeramo, ahantu hanyura cyangwa se hahurira abantu benshi kimwe no ku nkuta zo mu nzu mu ngo iwabo.

Munyendamutsa Syridion wavuganye n’Izuba Rirashe akaba ari umukirisitu wo mu Itorero rya “Deliverance Church”, avuga ko abakirisitu bo muri Kiliziya Gatolika basenga amashusho aho gusenga Imana, bakaba bataramenya Imana nyakuri.

Avuga ko abo bakirisitu basenga amashusho bayitirira n’ibimenyetso by’ukwemera kwabo, aho bapfukama cyangwa se bakunama imbere y’ishusho bitirira Bikira Mariya, Yosefu Mutagatifu, Yezu n’andi menshi bitewe n’icyubahiro kidasanzwe bayaha.

Icyo gihe baba banyuranya n’ugushaka kw’Imana yategetse abantu kutazagira indi Mana basenga uretse yo yonyine.
Mutesi Hope na we wavuganye n’Izuba Rirashe ariko akaba yaranze kuvuga itorero cyangwa idini asengeramo yavuze ko asanga abakirisitu benshi basenga amashusho cyane cyane mu byo bita kuvuga ishapure cyangwa se gushengerera.

Avuga ko nta muntu wari wabona Imana ku buryo yagira ikintu gifatika nk’ifoto cyangwa se ishusho runaka ayitirira, noneho ahindukire abe ari cyo asenga.

Asanga gupfukama no kunama imbere y’ayo mashusho ari uguca ukubiri n’itegeko ry’Imana rigaragara mu gitabo cy’Ivugururamategeko 5:8-10 ribuza abantu kutagira indi Mana basenga uretse yo yonyine.

Asanga kandi ibyo bintu Imana ibyanga urunuka kuko Imana ivuga ko ari Imana ifuha kandi ikaba itemera abantu bayibangikanya n’ibigirwamana bikozwe mu biti, ibumba, icyondo cyangwa se amabuye, bidashobora kumva ngo bihumurirwe.

Ibyo bigirwamana biremwa n’abantu ubwabo kubera inyungu zabo bwite.

Byongeye kandi ibyo gusenga amashusho ntaho bigaragara muri Bibiliya, ari na yo abantu bose bemera Kirisitu bakwiriye kugenderaho mu buzima bwabo bwa buri munsi.

Sandra Kamaliza na we wavuganye n’Izuba Rirashe, yavuze ko bidakwiye ko umuntu asenga amashusho.

Asanga abakirisitu bo muri Kiliziya Gatolika kimwe n’abandi bose babigana, bapfukamira cyangwa se bunamira amashusho bari bakwiye kugarukira Imana maze bakamenya Imana nyakuri bagomba gusenga, kuko akenshi batandukira basenga amashusho kandi benshi muri bo bashobora kuba bazi neza Imana nyakuri.

Ikoreshwa ry’amashusho rikomoka muri Bibiliya
Urubuga rwa interineti “http://fr.wikipedia.org/wiki/Symbole religieux”, rugaragaza ko amashusho ari ibimenyetso bigaragaza ibintu ukwemera kw’abayoboke b’idini iri n’iri kuba gushingiyeho. Ibyo bimenyetso bikoreshwa mu kugaragaza ku buryo bufatika ibyanditswe bigenderwaho mu mihango y’idini iri n’iri.

Ni muri urwo rwego ikimenyetso cyangwa se igishushanyo cy’umusaraba gikoreshwa mu kugaragaza ko abantu bacyambaye ari abakirisitu, ahantu kiri hakaba hasengerwa n’abakirisitu. Icyo kimenyetso cyongera kubeshaho, mu mitekerereze y’abantu, umuntu, cyangwa se ikintu cyabayeho mu mateka yabo noneho bakaba bashaka kucyibuka kubera akamaro kibafitiye.

Ndetse amashusho anashobora gukoreshwa nk’ibimenyetso bigerageza gusobanura ibitekerezo ibi n’ibi kugira ngo bifashe abantu kumva neza ibyanditswe cyangwa se ibyahanuwe.

Ni muri urwo rwego, muri Bibiliya Ntagatifu, hagenda hakoreshwa ibimenyetso bitandukanye igerageza gusobanura ibintu bimwe na bimwe.

Urugero rufatika ni uburyo hakoreshwa imibare 4 ivuga isi, 7 igaragaza ubutunganei, 40 igaragaza igihe gihagije kugira ngo igikorwa iki n’iki kibe cyakorwa kugira ngo kirangire, alpha na omega bivuga intangiriro n’iherezo ry’isi, umwana w’intama uvuga umwana w’Imana, umugati na divayi bivuga umubiri n’amaraso bya Kristu n’ibindi.
Ikomoko y’amashusho mu madini atandukanye
Nk’uko biboneka mu gitabo cya S. Neill “Foi chrétienne et autres croyances” (Ukwemera gikirisitu n’ukundi kwemera), icyo gitabo kikaba cyarandikiwe i Paris mu mwaka wa 1963, mu nama ya 7 Nkuru ya Kiliziya Gatolika yabereye i Nicée ku nshuro ya kabiri II (Concile de Nicée II) mu mwaka wa 787 ikayoborwa na Papa Constatin VI afatanyije n’umwamikazi w’abami Irène, ikibazo cy’ikoreshwa ry’amashusho mu kugaragaza ukwemera kw’abakirisitu cyagarutsweho ku buryo bw’umwihariko, bitewe n’uko cyari kimaze igihe kivugwaho byinshi.

Mu myanzuro y’iyo nama hemejwe ko amashusho yashoboraga kujya akoreshwa nk’ibimenyetso by’ukwemera. Kuva icyo gihe, Kiliziya yemeje ko amashusho agaragaza Yezu, Bikira Mariya, abahowe Imana n’abandi batagatifu ashobora kujya akoreshwa n’ababishatse kugira ngo abafashe kwibuka ibyo bemera, bakoresheje ibimenyetso bigaragarira imyanya y’ibyiyumviro yabo, ni ukuvuga bashobora kubona no gukoraho kugira ngo babisobanukirwe kurushaho.

Papa Grégoire le Grand yagarutse ku kamaro ko gukoresha amashusho ku nkuta za Kiliziya hagamijwe gufasha abakirisitu batazi gusoma, mu gusobanukirwa ibyanditswe mu bitabo batashoboraga kwisomera bo ubwabo.

Mu kwitegereza ayo mashusho, bagombaga gusobanukirwa kurushaho ibyanditswe, noneho bakaboneraho gusenga Imana mu butatu butagatifu bwayo.

Mu kinyejana cya VIII, ikoreshwa ry’amashusho ryatangiye gukwirakwira muri Kiliziya yose, bihereye i Roma, noneho abahanzi batandukanye batangira gukora ibihangano, bikoreshwa n’abakirisitu bo mu madini atandukanye.
Kwifashisha amashusho mu gusenga bitandukanye no kuyasenga

Nk’uko Izuba Rirashe ryabitangarijwe na Padiri Juvénal Ndagijimana, ukorera ivugabutumwa muri Paruwasi Kabuga muri Arkidiyosezi Gatolika ya Kigali, kwifashisha amashusho mu gusenga bitandukanye no kuyasenga.

Avuga ko kuba abakirisitu bifashisha amashusho mu mihango yabo yo gusenga, bibafasha gusobanukirwa neza kurushaho amayobera y’ukwemera kwabo, hakoreshejwe ibimenyetso bigaragaza bimwe mu bikorwa uko kwemera gushingiyeho.

Asanga kwifashisha amashusho kw’abakirisitu bikwiye kugereranywa no kuba umuntu, mu buzima bwe busanzwe, yifashisha ifoto y’umuntu akunda amwibuka mu gihe badashobora kubonana kandi amukumbuye, bitewe n’uko iyo foto iba imwibutsa nyirayo n’uburyo imumwibutsamo. Kandi kwifashisha amashusho bishobora kugereranywa no kuba abaturage b’igihugu iki n’iki bifashisha ibendera mu kugaragaza igihugu cyabo no kugitandukanya n’ibindi.

Umuntu ubonye ibendera cyangwa se ikirangantego cy’igihugu cyangwa se cy’umuryango uyu n’uyu, ahita abibonamo igihugu cyangwa se ibigo ibyo bimenyetso bihagarariye, noneho bigahita byorohera buri wese kubitandukanya n’ibindi.

Padiri Juvénal Ndagijimana asanga nyuma y’ifoto igaragara haba hihishe nyirayo inyuma yayo, ishusho akaba ari uburyo bwo kureba kure amaso ntagarukira kuri iyo shusho, ahubwo uwo igaragaza.

Ni muri urwo rwego abakirisitu bifashisha amashusho mu mihango yo gusenga, mu kwemera kwabo, kuko abafasha gusobanukirwa kurushaho ukuri kudahita kugaragarira amaso ya buri wese.

dimanche 1 novembre 2009

La Toussaint : date, origine, histoire et célébration de la toussaint dans le monde

La Toussaint est une fête chrétienne, dont l'Église catholique a fixé la date au premier novembre en 835. Depuis, chaque année, la Toussaint célèbre Dieu et tous ses saints martyrs. Le choix de la date n'est pas innocent, l'Eglise Catholique encore jeune cherchait ainsi à évincer la fête païenne célébrée ce jour-là. Le premier novembre était en effet l'une des quatre grandes fêtes des nations païennes du nord de l'Europe, la Saint-Sylvestre celtique, le dernier jour de l'année, suivi du jour de l'an : Samhain. Les Irlandais émigrés en masse aux États-Unis lors de la grande famine du milieu du XIXème siècle, ont apporté avec eux leurs légendes, et en Amérique, Samhain est devenu Halloween. Selon les Celtes, cette nuit du premier novembre qui enterrait l'année voyait revenir les esprits et autres fantômes pour hanter les maisons des vivants. Ceux-ci plaçaient une petite lumière à l'abri dans un navet devant leur porte, ainsi que des aliments, pour chasser les revenants. Le navet est devenu citrouille en Amérique du Nord où Halloween est fêté par petits et grands depuis longtemps.

La mode est arrivée en Europe où la Toussaint, devenue Halloween pour les plus jeunes malgré qu'Halloween se déroule en fait la veille, s'écarte de plus en plus de la religion. Désormais, les citrouilles rivalisent chaque année avec les chrysanthèmes dans les grands magasins la dernière semaine d'octobre. Il faut préciser que la Toussaint est une fête catholique, en l'honneur de tous les saints du panthéon catholique, et n'est pas reconnue par l'ensemble du christianisme.

Les protestants ne fêtent pas la Toussaint car ils ne reconnaissent pas l'autorité de la croix, du saint suaire ainsi que la Vierge Marie ou du Saint Père. La Toussaint, célébrée dès les origines de l'Église Catholique, est donc une fête qui rend hommage avant tout à ses martyrs. Cette fête religieuse fut créée au début du VIIème siècle par le pape Boniface IV, qui dédia le Panthéon de Rome à la Vierge Marie et à tous les saints martyrs. Rome était devenue chrétienne et il était temps d'effacer les traces des anciens dieux. Le pape Boniface, quatrième souverain pontife, débarrassa le temple de toutes ses idoles, et, le 3 mai de l'année 605, le consacra à la Vierge Marie et à tous les martyrs, le rebaptisant du nom de Sainte-Marie aux Martyrs. La Toussaint fut alors fixée au 13 mai, jusqu'en 835, date à laquelle le pape Grégoire IV instaura la date du premier novembre pour sa célébration afin d'appliquer la politique ecclésiastique de l'époque. Plus prosaïquement, la date correspondait également à la fin des vendanges et les moissons. Les fidèles, libérés de leurs travaux, pouvaient venir en foule pour célébrer les saints martyrs et trouvaient plus facilement à se nourrir.
toussaint

Au XIème siècle, on fit suivre la Toussaint du jour des morts, jour de commémoration de tous les fidèles défunts. L'origine de la Toussaint vient également d'un archevêque de Gênes, Jacques de Voragine, à qui l'on doit la « Légende dorée » au XIIIème siècle. L'ouvrage relate la vie des saints illustres avec quantité de miracles et de faits surnaturels dont le Moyen Âge était friand. Il a connu un grand succès car il permettait aux croyants de s'attacher aux saints martyrs fêtés lors de la Toussaint. Notons enfin que la Toussaint en France reste l'une des quatre fêtes chômées depuis le Concordat de 1801

xxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxxx

Signification

Comme le terme même le désigne, la Toussaint recouvre tous les saints, c’est-à-dire la fête de tous ceux connus et inconnus qui partagent la vie de Dieu et que nous appelons les saints. Par cette fête qui est une des très grandes solennités de l’année, l’Eglise Chrétienne Catholique propose à ses filles et fils d’honorer la foule innombrable et anonyme de ceux qui, ayant achevé leur parcours terrestre, goûtent désormais la vie, le bonheur, la joie, la bonté, en un mot la sainteté de Dieu qui est don de son amour. La liturgie dit en effet : lorsque tu couronnes, Seigneur, les mérites des saints, tu couronnes tes propres dons. Ainsi donc, les saints n’ont d’autre mérite que de s’être comportés en enfants de Dieu, portés par l’espérance d’être un jour accueillis par lui comme Père.

Historique de la fête et de sa date

Du point de vue de la date, cette solennité se célèbre le 1er Novembre. Mais il n’en était point ainsi à l’origine. Les codifications de l’Eglise des premières heures avaient fait célébrer cette fête dans la mouvance de Pâques ou de Pentecôte.
Au V° siècle, en Syrie par exemple, c’était le vendredi de Pâques ; en Orient, cette fête reste célébrée le dimanche après Pentecôte. A Rome, l’habitude existait aussi au V° siècle pour le dimanche après Pentecôte. En fait, ce lien avec Pâques et Pentecôte éclaire tout le sens originel de la fête. Il s’agit en effet de célébrer la victoire du Christ dans la vie des fidèles du Seigneur, dans la vie des croyants. Maintenant cette habitude, cette coutume sera déplacée une première fois par le Pape Boniface IV. Le désir ou le souci de ce Pape était d’honorer la foule des martyrs dont il avait fait transférer les corps des catacombes dans un ancien temple.
Du point de vue du nom ou de la désignation, une telle fête a été d’abord appelée Fête de tous les martyrs, de tous les saints et de Marie.
Enfin du point de vue de la date, elle sera définitivement transférée et fixée au 1er Novembre par le Pape Grégoire III dans la première moitié du VIII° siècle. Mais c’est en 835 que le Pape Grégoire IV ordonna que la Toussaint (fût) soit célébrée et fêtée dans le monde entier c’est-à-dire dans l’Eglise Universelle.

Portée

* Les saints et les noms inscrits au calendrier.
Certes, le calendrier étant romain, les noms qui y figurent sont des noms et plus précisément des prénoms de saints c’est-à-dire de modèles que le Seigneur propose à notre gouverne. Mais tous les saints, n’y sont pas, ne peuvent même pas y être. Car les saints sont infiniment plus nombreux que ceux que l’Eglise, après les avoir béatifiés ou canonisés, honore nommément comme témoins exemplaires de la foi. C’est réellement comme disent les textes fondamentaux, une foule immense, que nul ne peut dénombrer. Un calendrier, quelque élargies qu’en soient les marges, ne pourra jamais, au grand jamais contenir le nombre et la cité de tous les saints de Dieu.

* La Toussaint comme fête de la foi, de la joie et de l’espérance.
C’est d’abord la fête de la foi. Car le Concile Vatican II rappelle que : « la foi nous offre la possibilité d’une communion dans le Christ avec nos frères bien-aimés qui sont déjà passés de vie à trépas, en nous donnant l’espérance qu’ils ont trouvé près de Dieu la véritable vie », Gaudium et Spes n° 18, 2.

Ensuite c’est la fête de la joie, rassemblement joyeux de tous ceux qui, dans la maison du Père, nous attendent et nous tendent la main, connus et inconnus, plus connus et moins connus. Je le dis en pensant à la vérité qu’ils sont forcément plus nombreux que nous ne pouvons croire ou même imaginer parce que Dieu seul saint combien sont-ils à avoir vécu ici bas cachés, ignorés, anonymes dans l’incognito, échappant aux célébrités humaines et aux canonisations ecclésiastiques.
Enfin, c’est la fête de l’espérance : espérance qu’il y a une vie au-delà de la vie d’ici-bas, une vie meilleure à cette vie, une vie incomparable à cette vie.
La Toussaint dévoile l’avenir vers lequel nous tendons ; elle nous rend aussi solidaires avec ceux qui nous ont précédés dans le monde invisible. Vivant près de Dieu, ils intercèdent pour nous avec des effets et des grâces magnifiques en nos vies.
Que l’exemple des saints nous stimule et que leur prière fraternelle nous aide à nous en approcher le mieux qui soit.

Le 2 novembre

L’Eglise, depuis toujours, prie pour les fidèles défunts. Quand on dit fidèle, on se trouve dans l’ordre de la foi : fidèle vient du latin fides qui signifie foi. Ainsi donc, juste au lendemain de la fête de tous les saints, il est tout à fait naturel que l’Eglise manifeste sa sollicitude envers ses fidèles morts dont le sort n’est pas connu et dont le Seigneur seul connaît la foi. Le 2 Novembre est consacré à prier et à intercéder pour eux. Nous demandons à Dieu en ce jour du 2 Novembre de leur accorder le bonheur de goûter à la joie d’être unis au Christ. Et ce faisant, nous apportons le denier de notre solidarité envers tout ce grand monde de nos frères et sœurs qui attendent peut-être d’être définitivement comptés au nombre des élus du Seigneur.

Whoever dares to teach must not cease to learn



Father Casmir RUZINDAZA

Those words of John Cotton Dana above, confirm the old saying which tells us that learning is a life-long process: If you are alive you are learning.

Most dictionaries define learning as gaining knowledge or understanding of a skill by study, instruction or experience.

Psychologists on the other hand, define it as the process by which changes in behavior result from experience or practice. Such changes in behavior include changes in one’s actions, emotions, speech, and thoughts.

The two definitions above are in agreement with the old Latin saying: “All of life is a school.”

From our daily experience, we find that this is true because nature has its natural way of teaching lessons that one can not learn in books in classrooms, or in any other way.

Arthur Yansen is widely quoted for having stated that, when we learn from the troubles of others, we draw conclusions on how to avoid most of our own troubles.

Life is a personal story, from which another person can gather a few transferable skills that one can develop in one’s own life. In fact those who qualify as good students in this field might be few.

But they easily develop some knowledge, and skills from other people’s lives. When found, they are characterized by being more organized, open minded, and prepared for the unexpected, flexible with different thoughts and judgments, and often stay calm in different situations.

Life does not only teach us various lessons, but it throws us tests now and then as well. This happens when we are in the middle of hard challenges, and we must reflect on our past experience and of others that we know.

It is only when we manage to overcome such challenges that we look back upon them as good experiences.
This kind of learning has never been easy for man.

When we take life as a classroom, we have a choice to make in terms of the place where we prefer to sit; whether in the front row taking notes very diligently or at the back as mere observers.

In any case, there are some helpful tips that we must keep in mind. We should not limit our learning, we must learn from every thing, every situation, success or failure, from enemies and friends and always with our eyes and ears open.

It might not be easy, but some people do it well.
The Bible offers us a unique story of a teacher who also was good as a learner from life experience.

In this Biblical episode, one of the scribes who had been impressed with Jesus’ answer to the question ‘In the resurrection, whose wife will a woman who has had seven husbands be?’ Mk 12: 18-27. Because of how Jesus had handled this question, this scribe felt that he had more to learn from him.

The scribe was a scholar in Judaism and his scholarship was the knowledge of law, which he regarded as the sum of wisdom and the only true learning. His position in the Jewish community put him in a group adhering to a strict interpretation of the law.

Jesus was a threat to their influence and they were very hostile to him. It is therefore interesting to note that this particular scribe wanted to learn something from Jesus about the law and in a friendly way rather than their usual controversial approach.

He approached Jesus and asked him: “Which is the first of all the commandments?” Jesus looked at him and understood that he wanted to learn, because among his fellow teachers of the Torah, they argued often about the relative importance of the many commandments in the Old Testament.

This scribe in fact wanted to find out the ‘parent commandment’ from which all others could be deduced.

And he was convinced that he had something to learn from Jesus. They had totaled 613 commandments, but had no agreement as to which was the parent.

Those who were around were so surprised to see a scribe who was listening with interest to Jesus’ answer as he cited Deuteronomy, a text that the scribe knew very well.

“You shall love the Lord your God with all your heart, with all your soul, with all your mind, and with all your strength. The second is this: You shall love your neighbor as yourself.

What Jesus mentioned as the greatest commandment was not among the 613 commandments that they had totaled! He had been asked only one commandment but he provided two but with the common theme of love, which was acceptable for someone with the knowledge of law like the scribe.

The scribe not only followed with interest, but he expressed agreement with Jesus by paraphrasing him without any hint of hostility or irony.

Jesus too was surprised by this scribe’s correct understanding and willingness to learn. As a good teacher the scribe was used to seize all opportunity of learning. He was correct because who dares to teach must never cease to learn.
SUGAR DADDY NA SUGAR MAMMY

Kuri iki cyumweru nkuko bisanzwe tubikora twaganiriye kuri cya kibazo kiriho cya ba SUGAR DADDY NA SUGAR MAMMY.

Muri iki gihe cy'abanyeshuri ntago twabura kubibabwira kuko kenci ngo umwana apfa mu iterura. Bityo twibaza ko twajya twirinda ndetse tukanarinda aba bari kugwa mu nzira mbi sekibi za sekibi.

Ndagushimira cyane wowe uduha ibitekerezo,ukaduha ubuhamya ndetse ukanadusangiza ku nama ndetse n'ibyiza byose Imana iduha.
Ndasaba ko buri wese yagira uruhare muri iki gikorwa cyo kurwanya aba bantu batwangiriza umuco ndetse n'ubukristu bwacu muri rusange.

Tuzabikora gute rero?

1.KWAMAGANIRA KURE UBIKORA
2.GUHANURA ABANA BACU TUTITAYE KU BITSINA BYABO
3.TWITABAZE UBUYOBOZI MU GIHE TUBONA NTA BUBASHA BWA HAFI DUFITE
4.DUSABIRANE MU INSENGESHO RYACU RYA BURI MUNSI KO IMANA YADUKIZA IKI KINTU KIBI.

Nshimiye mwe mwese twabanye muri iyi gahunda...

Mbifurije Umunsi mwiza w'Abatagatifu bose.